Ikaze kuri Website ya Ernergy Radio
Kurikira ibiganiro Energy Radio ikugezaho buri munsi aho waba uherereye hose ku isi.
Modified 7 months ago
Urubyiruko rwa Nyabihu District rwiyemeje kwimana Urwanda ruhangana n’ abahakana, abapfobya Jenoside yakorewe Abatutsi n’abagoreka amateka.
Twigire ku buzima n'amateka ya Mgr Desmond TUTU
"Kuba isi yimakaza gukora ibibi ubucakara, ivanguramoko, intambara, gukandamizwa, n’akarengane ari nabyo ntandaro ya jenoside," Mgr Desmond TUTU.
Ni iki wabwira umuntu uhora yumva ashaka gusaba imbabazi ariko umutima ukanga?
Buri ku cyumweru saa 20:00' Itorero INDEMEZO ribagezaho "IKINAMICO." Kuri uyu wa 9 Mata 2023 twabateguriye umukino witwa " ABISHYIZE HAMWE". Twibuke twiyubaka.
#Music_History: Menya amateka y'abamwe mubahanzi bazize Jenoside yakorewe Abatusti mu 1994
Mu kiganiro #Music_History cyo kuri iki cyumweru twabakusanyirije urutonde rwa bamwe mu bahanzi bazize Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, n’ubutumwa abahanzi bakiriho bagenera abakiri bato nyuma y'imyaka 29.
"𝗛𝗨𝗠𝗨𝗥𝗔: 𝗨𝗿𝘂𝗺𝘂𝗹𝗶 𝗿𝘄'𝘂𝗯𝘂𝘇𝗶𝗺𝗮 𝗿𝘂𝘁𝗮𝗺𝘂𝗿𝘂𝗿𝗮 𝗡𝗼𝗻𝗲 𝗻'𝗘𝗷𝗼." Ikiganiro #Imbonezamubano
Mu kiganiro #Imbonezamubano tugiye kuganiro kuri "𝗛𝗨𝗠𝗨𝗥𝗔: 𝗨𝗿𝘂𝗺𝘂𝗹𝗶 𝗿𝘄'𝘂𝗯𝘂𝘇𝗶𝗺𝗮 𝗿𝘂𝘁𝗮𝗺𝘂𝗿𝘂𝗿𝗮 𝗡𝗼𝗻𝗲 𝗻'𝗘𝗷𝗼."